Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI1 h ago

Perezida wa FERWAFA, Shema Fabrice yumvikanye n'Ubushinjacyaha

Urubanza mu bujurire ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo mu rubanza rwa Shema Ngoga Fabrice rwasubitswe kuko Ubushinjacyaha butabashije kuregera Urukiko amasezerano y'ubwumvikane bagiranye (Plea Bargaining). Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Nyakanga 2026 nibwo Shema Ngoga Fabrice, perezida wa FERWAFA yagombaga kuburana mu bujurire ku ifungwa n'ifungurwa by'agateganyo ku byaha akurikiranyweho byo gutanga sheki itazigamiye no kwihesha ikintu cy'undi hakoreshejwe uburiganya. (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media