Perezida wa FERWAFA, Shema Fabrice yumvikanye n'Ubushinjacyaha
Urubanza mu bujurire ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo mu rubanza rwa Shema Ngoga Fabrice rwasubitswe kuko Ubushinjacyaha butabashije kuregera Urukiko amasezerano y'ubwumvikane bagiranye (Plea Bargaining). Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Nyakanga 2026 nibwo Shema Ngoga Fabrice, perezida wa FERWAFA yagombaga kuburana mu bujurire ku ifungwa n'ifungurwa by'agateganyo ku byaha akurikiranyweho byo gutanga sheki itazigamiye no kwihesha ikintu cy'undi hakoreshejwe uburiganya. (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.



