Perezida Zelensky yakangaranyijwe n’ibitero u Burusiya bwagabye kuri Ukraine
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yakangaranyijwe n’ibitero bikomeye bya misile u Burusiya bwagabye ku mijyi itandukanye ya Ukraine, avuga ko igitero cyibasiye Umurwa Mukuru Kyiv ari “kimwe mu bitero bikomeye cyane bya misile” kuva intambara yatangira. Ibyo bitero byahitanye abantu bane, abandi nibura 36 barakomereka. Abantu batatu bishwe, abandi 20 barakomereka mu mujyi wa Kharkiv, […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.





