Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI1 h ago

Rayon Sports yari yariraye turayihumuye - Nzotanga

Myugariro Ndayishimiye Dieudonne [Nzotanga], yavuze ko gusezerera Rayon Sports bayihumuye kuko yari imaze kwirara. Ejo hashize ku wa Kane tariki ya 27 Kanama 2026 Rayon Sports yakinaga na Police FC umukino wa 1/2 cya Super Cup. Wari umukino Rayon Sports yakinnye ihabwa amahirwe kuko mu mikino 8 iheruka yari itaratsindwa. Police FC yaje kuyisezerera kuri penaliti 4-2 nyuma y'uko amakipe yombi yari yanganyije ubusa ku busa. Mu magambo make, Nzotanga akaba yabwiye ISIMBI ko uku (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media