Rayon Sports yatsinze Tusker FC amahirwe muri 1/2 ariyongera
Rayon Sports yatsinze Tusker FC yiyongerera amahirwe yo kugera muri 1/2 cya CECAFA Kagame Cup irimo kubera mu Rwanda. Nyuma yo gutsinda KVZ FC 2-0, Rayon Sports yari yagarutse mu kibuga ikina umukino wa kabiri w'itsinda C muri CECAFA Kagame Cup aho yakinaga na Tusker FC. Haringingo Francis yari yakoze impinduka ebyiri aho Matumona Wakonda yari yavuye muri 11 hajyamo Nshuti Didier ni nako Elie Tatu yaje mu mwanya wa Boris Gbenou. Rayon Sports igice cya mbere yagikinnye ishaka igitego (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.
