Rwanda: Kuki umubare w’ababyara babazwe ukomeza kuzamuka ?
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) gitangaza ko umubare w’ababyeyi babyara babazwe biyongereye aho bavuye kuri 3% bariho mu 2005 bagera kuri 24% mu 2025. Ni ibikubiye mu Ubushakashatsi bwa karindwi ku mibereho n’ubuzima bukorwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR). Ubu bushakashatsi bugaragaza ko umubyeyi umwe muri bane yabyaye abazwe mu mwaka wa 2025.Ubu bushakashatsi bugaragaza kandi ko umubare w’ababyeyi […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

