The Ben yatanze miliyoni 2.5 Frw mu rusengero
Umuhanzi Nyarwanda, Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben na Jimmy Muyumbu usanzwe ari na 'Parrain' we, batanze miliyoni 5 Frw yo kugura ibikoresho by'urusengero rwa ADEPR Seegem Rwampara bakuriyemo. Ibi byabaye ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 9 Kanama 2026 ubwo yari yagiye gusengerayo nyuma y'imyaka myinshi The Ben adasengerayo. Uru rusengero rukaba rurimo rukusanya miliyoni 80 Frw z'amafaranga y'u Rwanda zo kugura ibikoresho byishya. Ubwo yari ahawe umwanya The Ben yagize ati “Muri (…) - Imyidagaduro / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.




