Umugabo ashinja abakozi ba AFRISET kumutema – ntagikozwe hazagwa umuntu!

Muhanga: Umuturage wo mu murenge wa Mushishiro, Akagari ka Rwasari, aratabaza inzego bireba nyuma yo gukomereka bikomeye, avuga ko yatemwe n’abakozi ba kompanyi ya AFRISET ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, iyo ikavuga ko ‘ari umujura wayizengereje’. Ntibeshya Yohana avuga ko ku Cyumweru mu gitondo ku wa 6 Nzeri 2026 (mu masaha ya saa 9h00 a.m), ubwo […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.




