Umuntu yarapfuye abandi 23 baracyavurwa ingaruka z’ikigage banyoye muri Nyakanga

Nyaruguru: Abantu 34 banyoye ikigage mu biroribyabaye mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga, umwe yahasize ubuzima, kugeza ubu abantu 23 baracyari kwa muganga bivuza ingaruka icyo kinyobwa cyabagizeho. Bamwe mu batuye mu Murenge wa Ruheru, Akagari ka Ruyenzi, Umudugudu wa Ruyenzi mu Karere ka Nyaruguru, bavuga ko kuva tariki 25/7/2026 kugeza uyu munsi ukwezi gushize banyoye […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



