Umuriro wari wadutse ku Kirunga cya Muhabura wazimijwe
Kuri uyu wa Gatanu, ikirunga cya Muhabura cyibasiwe n’inkongi y’umuriro, ariko itamaze umwanya munini kuko ubuyobozi buvuga ko bwabashije kuzimya iyo nkongi. Umuyobozi w’Akarere ka Burera, Mukamana Soline yabwiye UMUSEKE ko ku bufatanye n’abaturage, bajimije umuriro. Ati “Muhabura iri mu Rwanda, niho hahiye ariko umuriro tumaze kuwuzimya n’abaturage n’inzego z’umutekano twafatanyije.” Kugeza ubu ntabwo hamenyekanye […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.




