Urban Boyz yaba igiye kongera kuzuka?
Itsinda ry'abahanzi Urban Boyz riri mu nzira yo kubyutsa imikoranire na Super Level, nyuma y'igihe kitari gito aba bahanzi bari bamaze batandukanye. Abagize Urban Boyz bongeye guhurira hamwe ari batatu, ndetse bamaze iminsi i Kigali aho bari gukomeza ibikorwa byo gusubirana umubano bahoranye. Muri uru rugendo, hari amashusho yagiye hanze abagaragaza bongeye guhura na Nsengumuremyi Richard, wahoze ari umwe mu bantu bagize uruhare rukomeye mu bikorwa by'iri tsinda ubwo ryakoraga muri (…) - Imyidagaduro / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.



