Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI13 h ago

Urujijo mu rubanza rwa perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice

Perezida w'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice yagaragaje ko Sheki zitazigamiwe ashinjwa gutanga hari ibindi byongewemo atari we ubikoze. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026 nibwo Shema Ngoga Fabrice ukurikiranyweho icyaha cyo gutanga sheki itazigamiye no kwihesha ikintu cy'undi hakoreshejwe uburiganya yatangiye kuburana ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo. Shema yatawe muri yombi n'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) tariki (…) - Siporo / Featured , Highlight Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media