Abagabo babiri barakekwaho kwangiza imyaka y’abaturage

Nyanza: Bamwe mu batuye mu karere ka Nyanza, basanze imyaka yabo bahinze mu gishanga cya Nyarubogo yatemaguwe, Polisi ivuga yamaze gufata abagabo babiri bakekwaho ubwo bugizi bwa nabi. Ibi byabereye mu murenge wa Muyira, Akagari ka Nyundo, mu mudugudu wa Muyira. Abaturage bavuga ko bahise bihutira kubimenyesha inzego z’ibanze n’iz’umutekano kuri ubu hamaze gufatwa abagabo babiri […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



