Iran yahigiye guhora ku gitero America yayigabyeho
Kugeza ubu ikibuga cy’indege cya Mehrabad kiri i Tehran cyafunzwe kugeza igihe hazasohokera amabwiriza mashya nyuma y’igitero cy’ingabo za America ku butaka bwa Iran. Ingabo za Amerika zagabye ibitero ku kirwa cya Larak, hafi y’umuhora wa Hormuz. Hari hashize igihe America ihagaritse ibitero kuri Iran kuva mu mpera za Nyakanga. Washington ivuga ko ingabo za […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.




