Abana bavuka ku babyeyi batize bafite ibyago byinshi byo kuvukana ibiro bike – Ubushakashatsi
Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho by’ingo mu Rwanda (DHS) bwo mu 2025 bugaragaza ko 8.8% by’impinja zavukiye mu Rwanda zavukanye ibiro biri munsi ya 2.5 kg, umubare ufatwa nk’igipimo cy’umwana ufite ibiro bike akivuka. Uyu mubare wariyongereye ugereranyije n’imyaka yashize, kuko mu 2020 wari 6.9%, mu 2015 ukaba wari 6.3%, naho mu 2010 wari 6.2%. Ubu […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.


