Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI1 h ago

Perezida wa FERWAFA dosiye ye yagejejwe mu Bushinjacyaja

Dosiye ya perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice uregwa gutanga Sheki itazigamiye, yagejejwe mu Bushinjacyaha. Ni amakuru yemejwe n'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB), aho dosiye ye yagejejwe mu Bushinjacyaha ejo hashize tariki ya 18 Kanama 2026. Iperereza rikaba rigikomeje ku cyaha akurikiranyweho n'ibifitanye isano nabyo. Shema Fabrice akaba yaratawe muri yombi Ku wa 11 Kanama 2026 aho afungiwe kuri Sitasiyo ya Kicukiro. Yinjiye muri FERWAFA nyuma y'imyaka 6 yamaze ari (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media