Abarwanya Congo bitwaje intwaro bahejwe mu biganiro
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yatangije gahunda y’Ibiganiro by’Igihugu bigamije amahoro, ubumwe no kuvugurura imiterere y’Igihugu, ariko avuga ko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje kuburwanya bitwaje intwaro batazahabwa umwanya nk’abahagarariye imitwe ya politiki. Tshisekedi yabivugiye i Kinshasa ku wa Kane tariki ya 27 Kanama 2026, mu ijambo yagejeje ku Banye-Congo anyuze […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.





