Perezida Kagame na Tshisekedi bahamagawe kuri telefoni

Perezida wa Turikiya, Tayyip Erdoğa, kuwa kane tariki ya 27 Kanama 2026,yavuganye kuri Telefoni n’abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,baganira ku mubano w’ibihugu byombi n’umutekano w’Akarere. Ikinyamakuru Daily Saba gisubiramo ibiro bishinzwe itangazamakuru muri Turikiya kivuga ko baganiriye umubano n’ubufatanye bw’ibihugu ndetse no kureba imbaraga zashyirwa mu guharanira amahoro mu karere. […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



