Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI1 h ago

APR FC izakina umukino wo kwishyura idafite Ssekiganda, yatsindiwe muri Congo

Umukino ubanza w'ijonjora ry'ibanze rya CAF Champions League wahuzaga APR FC na Les Aigles du Congo, warangiye iyi kipe y'Ingabo z'Igihugu itsinzwe 1-0. Ni umukino wabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Lubumbashi. Iyi kipe yari yasabye ko umukino ubanza n'uwo kwishyura wabera mu kindi gihugu kubera icyorezo cya Ebola n'ibibazo by'umutekano ariko CAF ikabyanga, yahagurutse mu Rwanda uyu munsi ku Cyumweru ari nabwo umukino wabaye. (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media