Jules Kalisa wabaye muri FERWAFA yapfuye

Uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) hagati yo mu 1999-2011, Kalisa Jules yapfiriye mu Buhinde azize uburwayi. Iyi nkuru y’akababaro kuri benshi, yamenyekanye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 6 Nzeri 2026. Urupfu rwa Jules, rwakoze ku bakunzi ba ruhago batandukanye, cyane ko ari umugabo wabaye mu buyobozi bw’umupira […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

