Sign in
← Elsewhere in the news
UMUSEKE55 min ago

Jules Kalisa wabaye muri FERWAFA yapfuye

Uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) hagati yo mu 1999-2011, Kalisa Jules yapfiriye mu Buhinde azize uburwayi. Iyi nkuru y’akababaro kuri benshi, yamenyekanye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 6 Nzeri 2026. Urupfu rwa Jules, rwakoze ku bakunzi ba ruhago batandukanye, cyane ko ari umugabo wabaye mu buyobozi bw’umupira […] Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media