Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI57 min ago

Jules Kalisa wabaye SG wa FERWAFA yitabye Imana

Jules César Kalisa wabaye umunyamabanga mukuru wa FERWAFA, yitabye Imana azize uburwayi. Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026 nibwo inkuru y'urupfu rwe yamenyekanye aho amakuru avuga ko yaguye mu Buhinde. ISIMBI yemenye amakuru ko mu Kuboza 2025 nibwo yarembye biba ngombwa ko ajya kwivuriza hanze y'u Rwanda. Jules Kalisa akaba yari murumuna wa Kalisa Adolphe Camarade na we wabaye umunyamabanga wa FERWAFA. Jules Kalisa akaba yaguye mu Buhinde aho yagiye kwivuza, (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media