Rema yatanze ibyishimo bisendereye i Kigali ava ku rubyiniro batabishaka (AMAFOTO)
. Umuhanzi w'Umunya-Nigeria, Divine Ikubor uzwi nka Rema, yahaye Abanya-Kigali ijoro ritazibagirana ubwo yabataramiraga mu gitaramo cyaherekeje umuhango wo Kwita Izina abana b'ingagi wa 2026, cyabereye muri BK Arena. Kuva ageze ku rubyiniro, Rema yakiriwe n'impundu nyinshi z'abafana bari buzuye muri iyi nyubako y'imikino n'imyidagaduro. Yanyuze abitabiriye iki gitaramo mu ndirimbo ze zakunzwe cyane ku Isi, zirimo “Calm Down”, “Dumebi”, “Charm” n'izindi zamugize umwe mu bahanzi bakomeye (…) - Imyidagaduro / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.



