Inka y’umuturage yatemwe n’abayisanze mu kiraro

Muhanga: Abantu bataramentekana batemye inka y’umuturage bayisanze mu kiraro. Uru rugomo rwabereye mu Mudugudu wa Rukoma, Akagari ka Ruhango Umurenge wa Rongi Akarere ka Muhanga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi Ndayisenga Placide yabwiye UMUSEKE ko inka abagizi ba nabi batemye ari iy’uwitwa Hategekimana Jean Pierre w’imyaka 58 y’amavuko. Gitifu Ndayisenga avuga ko abakekwaho gutema iyo […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.


