Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI1 h ago

Gen Mubarakh yibukije abakinnyi ba APR FC ko nta gutsindirwa i Lubumbashi

Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda akaba n'umuyobozi wungirije w'icyubahiro wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga yabukije abakinnyi b'iyi kipe ko batagomba gutsindirwa i Lubumbashi. Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026, APR FC yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukina umukino ubanza w'ijonjora ry'ibanze na Les Aigles du Congo. Mu ijoro ryakeye ikaba yari yasuwe na Gen Mubarakh Muganga, aho yayibukije ko bagomba gukotana (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media