Gen Mubarakh yibukije abakinnyi ba APR FC ko nta gutsindirwa i Lubumbashi
Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda akaba n'umuyobozi wungirije w'icyubahiro wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga yabukije abakinnyi b'iyi kipe ko batagomba gutsindirwa i Lubumbashi. Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026, APR FC yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukina umukino ubanza w'ijonjora ry'ibanze na Les Aigles du Congo. Mu ijoro ryakeye ikaba yari yasuwe na Gen Mubarakh Muganga, aho yayibukije ko bagomba gukotana (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.


