Bakame na Boateng bakuwe mu ikipe y'igihugu bitunguranye
Umutoza w'abanyezamu, Ndayishimiye Eric Bakame n'umutoza wongereraga imbaraga abakinnyi, Niyonkuru Ramadhan Boateng bari mu ikipe y'igihugu y'abatarengeje imyaka 17, bakuwe mu mwiherero w'iyi kipe bitunguranye barasimbuzwa. Ikipe y'Igihugu y'abatarengeje imyaka 17 imaze iminsi mu mwiherero aho barimo gushaka abakinnyi bazakina CECAFA y'abato izabera i Kigali mu Kwakira 2026. Iyi kipe iyobowe na Jimmy Mulisa nk'umutoza mukuru na Alain Kirasa umwungirije, bari bamaranye igihe na (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.


