Dukwiye kujya hamwe tugashima Imana - Pasiteri Ndayizeye Isaïe
Umushumba Mukuru w'Itorero rya ADEPR, Pasiteri Ndayizeye Isaïe, yavuze ko iyo urebye u Rwanda ahantu ruri, umutekano rufite, iterambere n'ibindi rwagezeho ari impamvu ikomeye y'uko abantu bakwiye guhurira hamwe bagashima Imana. Yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Kanama 2026 aganira n'itangazamakuru giterane ngaruka mwaka cya Rwanda Shima Imana kizaba ku wa 16 Kanama 2026, muri Stade Amahoro i Remera. Pasiteri Ndayizeye Isaïe, usanzwe ari n'umuyobozi wa Komite itegura iki (…) - Iyobokamana / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.


