Uko Diamond Platnumz yashenguwe no kutitabira isabukuru y'umukobwa we Tiffah
Diamond Platnumz yasobanuye impamvu atashoboye kujya muri Afurika y'Epfo kwizihiza isabukuru y'imyaka 11 y'umukobwa we, Tiffah, nubwo yari yabiteguye ndetse ateganya kujyana n'umuryango, inshuti n'abandi bahanzi. Ubwo Diamond yaganiraga na Wasafi TV, yemeje ko yari yateguye urugendo rwihariye rwo kujya kwizihiza uyu munsi w'amavuko.Yavuze ko bari bateguye gukodesha indege yabo bwite, ndetse ko bari gutwara abantu ba hafi ya Tiffah, barimo abo mu muryango, inshuti n'abahanzi Nandy, Marioo (…) - Imyidagaduro / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.



