“Ihindura ibyanze guhinduka”, gufungura Nkundamahoro byazamuye amarangamutima!

Icyemezo cyo gufungura inzu y’Inkundamahoro, icururizwamo n’abantu batandukanye cyakuruye amarangamutima, ku babyeyi bari bagaragaje ko kuyifunga byahutiyeho kandi harimo ibyabo byangirika. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Kanama, 2026 nibwo bwafashe icyemezo cyo gufungura iriya nyubako iherereye Nyabugogo, mu karere ka Nyarugenge. Nubundi ubwo buyobzi bw’Umujyi wa Kigali hari hashize iminsi […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.


