FERWAFA yagabanyije igiciro cyo kwandikisha abakinnyi b'abanyamahanga
Kwandikisha abakinnyi b'abanyamahanga muri Shampiyona y'icyiciro cya mbere igiciro cyavuye kuri miliyoni ebyiri z'amafaranga y'u Rwanda kiba ibihumbi 500 Frw. Ni umwanzuro wafashwe ejo hashize ku wa Gatanu tariki ya 28 Kanama 2028 mu nama Komite Nyobozi ya FERWAFA, hashingiwe ku nama nyunguranabitekerezo yagiranye n'ubuyobozi bwa Rwanda Premier League. Banzuye ko igiciro cyo kwandikisha umukinnyi w'umunyamahanga kiba ibihumbi 500 Frw mu mwaka w'imikino wa 2026-27 ni mu gihe imyaka (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.


