Minisitiri w’Intebe yahagarariye Perezida Kagame mu nama ya AU

Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva yageze i Luanda, muri Angola, aho azahagararira Perezida Kagame mu nama ya 21 y’Inteko Rusange idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma by’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, iteganyijwe kuba ejo ku itariki ya 30 Kanama 2026. Iyi Nama yakiriwe na Angola, izaba iba ku nsanganyamatsiko igira iti “Kongera imbaraga mu byo gukumira no […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

