Impamvu udakwiye gucikwa na CECAFA y'abagore izabera mu Rwanda
Uretse kuba ari umupira w'amaguru, Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, rivuga ko iyi CECAFA igiye kuba izaba irimo ibindi bikorwa nk'imyidagaduro abantu bakwishimira kureba. Kuva ku wa Gatanu tariki ya 21 Kanama 2026 mu Rwanda hazaba habera CECAFA y'Abagore izasiga hamenyekanye ikipe izahagararira Afurika y'Iburasirazuba n'iyo hagati muri CAF Women Champions League. Umunyamabanga wa FERWAFA, Bonnie Mugabe yavuze ko nubwo utagereranya iyi CECAFA n'andi marushanwa (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.



