Manzi Thierry yatandukanye na Al Ahli Tripoli asigiye ibikombe 7
Myugariro w'umunyarwanda, Manzi Thierry yamaze gutandukana na Al Ahli Tripoli yo muri Libya nyuma y'imyaka itatu yari ayimazemo. Mu itangazo iyi kipe yashyize hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Kanama 2026 yamushimiye ubwitange, ubunyamwuga yagaragaje mu gihe yari muri iyi kipe. Bakaba bahisemo gusesa amasezerano bari bafitanye ku bwumvikane aho yari asigaranye umwaka umwe. Umwaka ushize w'imikino, ntabwo uyu myugariro w'Amavubi yagize umwanya uhagije wo gukina muri Al (…) - Imyidagaduro / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.



