Meddy yishimiye bikomeye itaha amara masa rya Messi
Umuhanzi Nyarwanda. Ngabo Medard uzwi nka Meddy yishimiye bikomeye kuba Argentine ya Lionel Messi itaratwaye igikombe cy'Isi. Mu ijoro ryakeye nibwo habaye umukino wa nyuma w'Igikombe cy'Isi cya 2026 aho cyegukanywe na Espagné itsinze Argentine 1-0. Gusa nubwo Argentine yabuze igikombe, izina ryagiye rigarukwaho cyane ni Lionel Messi kapiteni wayo ushobora kuba yakinaga Igikombe cy'Isi cye cya nyuma. Abakunzi be bavugaga ko ntacyo atabahaye mu gihe abakunzi ba Cristiano Ronaldo (…) - Imyidagaduro / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.



