Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI13 h ago

Meddy yishimiye bikomeye itaha amara masa rya Messi

Umuhanzi Nyarwanda. Ngabo Medard uzwi nka Meddy yishimiye bikomeye kuba Argentine ya Lionel Messi itaratwaye igikombe cy'Isi. Mu ijoro ryakeye nibwo habaye umukino wa nyuma w'Igikombe cy'Isi cya 2026 aho cyegukanywe na Espagné itsinze Argentine 1-0. Gusa nubwo Argentine yabuze igikombe, izina ryagiye rigarukwaho cyane ni Lionel Messi kapiteni wayo ushobora kuba yakinaga Igikombe cy'Isi cye cya nyuma. Abakunzi be bavugaga ko ntacyo atabahaye mu gihe abakunzi ba Cristiano Ronaldo (…) - Imyidagaduro / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media