Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI1 h ago

Muhire Kevin yerekanye itandukaniro rya Rayon APR FC ku isoko ry'abakinnyi, iyaguze neza

Kapiteni wa Jamus SC yo muri Sudani y'Epfo, Muhire Kevin yavuze ko APR FC ku mazina ari yo yitwaye neza ku isoko ry'abakinnyi ariko kugeza ubu Rayon Sports ari yo yaguze neza kuko batanze umusaruro begukana CECAFA Kagame Cup. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n'Ikinyamakuru ISIMBI cyagarukakaga k'uko aya makipe yitwaye ku isoko ry'igura mu rwego rwo kwitegura umwaka w'imikino wa 2026-27. Kuba APR FC itarabashije kurenga amatsinda ndetse ikanatsindwa ibitego byinshi na Gor Mahia, (…) - Siporo / Featured , Highlight Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media