Niyibizi Ramadhan na Ishimwe Pierre ba APR FC muri Marine FC
APR FC yafashe umwanzuro wo gutiza abakinnyi bayo babiri, Niyibizi Ramadhan n'umunyezamu Ishimwe Pierre muri Marine FC. Ni nyuma y'uko iyi kipe y'Ingabo z'Igihugu ibonye ko Niyibizi Ramadhan usigaje amasezerano y'umwaka umwe atazabona umwanya uhagije wo gukina kandi akaba yifuza kujya aho akina. Nyuma y'ibiganiro by'impande zombi, uyu mukinnyi wavuzwe muri Kiyovu Sports na AS Kigali, byarangiye atijwe muri Marine FC akaba yaranatangiye imyitozo. Undi mukinnyi ni umunyezamu Ishimwe (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.





