Ntabwo twaba twarabonye igihugu ngo tuganye ngo inzara iratwishe – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye urubyiruko ruri mu Itorero Indangamirwa icyiciro cya 16 guharanira icyateza u Rwanda imbere kandi bakarangwa n’imyitwarire myiza. Ibi yabigarutseho ubwo yari mu Kigo cy’Imyitozo ya Gisirikare cya Gabiro, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Nyakanga 2026, aganira n’abitabiriye Itorero Indangamirwa, Icyiciro cya 16. Perezida wa Repubulika Paul Kagame […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.




