Nkunda iyo nje gutaramira mu Rwanda - Diamond Platnumz
Umuhanzi w'icyamamare ukomoka muri Tanzania, Diamond Platnumz yavuze ko yishimira kuba ari mu Rwanda kuko naho ari mu rugo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Kanama 2026 nibwo Diamond Platnumz yageze mu Rwanda aje mu gitaramo azakorera mu Rwanda ejo. Akigera i Kigali ku Kibuga cy'Indege Mpuzamahanga i Kanombe, yavuze ko iyo ageze mu Rwanda aba yumva ageze iwabo. Ati "Nkunda iyo nje gutaramira mu Rwanda kuko ni mu rugo. Ndabizi ko bankunda, bakunda ibihangano byanjye (…) - Imyidagaduro / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

