Nyamagabe: Batangiye barwanya imirire mibi, ubu bashora imari mu bihumyo

Itsinda ry’abantu 47 bahinga imigina y’ibihumyo rigeze mu rwego rwa Koperative, abaririmo bavuga ko batangiye barwanya imirire mibi mu bana bari munsi y’imyaka 5, ubu barahinga bagasagurira amasoko. Iri tsinda ry’abantu 47 riherereye mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Gitega Umurenge wa Cyanika, Akarere ka Nyamagabe. Perezida wa Koperative COIKWI, Manishimwe Martha avuga ko batangiye […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.
