Ntunyobye uyu munsi ni Rayon Day - ACP Rutikanga asubiza uwari umubajije kuri Police FC
Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface yasubije uwari umubajije gahunda ya Police FC ko uyu munsi ari Rayon Day adakwiye kumuyobya. Byose byatangiriye ku mashusho ya Polisi y'igihugu yashyize kuri X yibutsa abantu ko iyi ari weekend idasanzwe irimo imyidagaduro myinshi ariko na none abantu bakwiye kwirinda gutwara banyoye, urusaku rwabangamira abandi n'ibindi. Aya mashusho yaherekejwe n'amagambo agira ati "Ni weekend y'uburyohe! Ni byiza ko tuzirikana umutekano wacu (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.


