Rayon Sports yatsinze Gor Mahia, abakinnyi bamwe barigaragaza
Ibitego bibiri byatsinzwe na Antonio Atisso Kodjo na Nkundimana Fabio byafashije Rayon Sports gutsinda Gor Mahia mu mukino wa gicuti. Ni umukino wabaye mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w'Igikundiro (Rayon Day 2026) wabaye uyu munsi ku wa Gatandatu aho yerekanye abakinnyi n'abatoza izakoresha mu mwaka w'imikino wa 2026-27. Nyuma yo kwerekana abakinnyi nibwo uyu mukino wa gicuuti mpuzamahanga wabaye muri Kigali Pelé Stadium. Mu bakinnyi Rayon Sports yabanjemo bari biganjemo abashya (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.


