Sign in
← Elsewhere in the news
UMUSEKE10 h ago

Pavelh Ndzila yatandukanye na Tusker izakina CECAFA

Pavelh Ndzila wari umunyezamu wa Tusker FC yo muri Kenya, yamaze gutandukana nayo. Ni amakuru ataremezwa n’ikipe Pavelh yakiniraga ariko yemezwa na bimwe mu n’itangazamakuru byo muri Kenya. Uyu munyezamu wari umaze hafi umwaka muri Shampiyona ya Kenya, yatozwaga na Julien Mette wahoze atoza Rayon Sports. Tusker FC biteganyijwe ko izabera i Kigali ku wa […] Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media