Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi wa MONUSCO

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Nzeri 2026, muri Biro bye yakiriye James Swan, Intumwa Yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye akaba anayobora Ubutumwa bw’Uwo Muryango muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO). Umukuru w’Igihugu kandi yakiriye Huang Xia, Intumwa Yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu Karere k’Ibiyaga Bigari. Ibiro by’Umukuru […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



