Sign in
← Elsewhere in the news
UMUSEKE1 d ago

Urukiko rwategetse ko Perezida wa FERWAFA afungwa by’agateganyo

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera ibyaha bibiri akurikiranyweho. Ni icyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge. Uyu mwanzuro wafashwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 2 Nzeri 2026, Umucamanza asobanura ko hari impamvu zikomeye zituma akurikiranwaho icyaha cyo gutanga sheki itazigamiye no kwihesha ikintu cy’undi […] Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media