Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi wa EU ucyuye igihe
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 21 Nyakanga 2026, yakiriye muri Village Urugwiro, Belén Calvo Uyarra, Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu Rwanda ucyuye igihe, baganira ku mubano umaze igihe hagati y’impande zombi. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byanditse kuri X ko ibiganiro bagiranye byibanze ku mubano urambye hagati […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.


