Perezida Kagame yakiriye Belén Calvo Uyarra uhagarariye EU mu Rwanda

Perezida Kagame,kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Nyakanga 2026, yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu Rwanda,, Belén Calvo Uyarra. Ibiro by’Umukuru w’igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko baganiye ku mubano usanzwe hagati y’u Rwanda n’uyu Muryango. Aba bombi kandi banasuzumye intambwe imaze guterwa mu guteza imbere ubufatanye mu nzego zirimo […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.

