Perezida Kagame yemeje ko ntacyo atakoze ngo atere inkunga ruhago Nyarwanda ariko bikananirana
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko nta kintu na kimwe atakoze mu bushobozi bwe mu rwego rwo gufasha no guteza imbere ruhago Nyarwanda, ariko asanga hakiri ibibazo bituma uyu mukino utagera ku rwego rwifuzwa. Ibi yabivugiye mu kiganiro n'itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Kanama 2026, kuri Kigali Convention Centre, ubwo yabazwaga na mu bibangamira iterambere ry'umupira w'u Rwanda. Perezida Kagame yavuze ko yagiye atanga inkunga zitandukanye, (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.



