U Rwanda rurashaka amahoro- Perezida KAGAME
Perezida Repubulika Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwiteguye gukora ibishoboka byose ngo rugire amahoro n’umutekano kandi ko ruzakomeza gutanga umusanzu warwo wo guharanira amahoro mu bindi bihugu. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa 24 Kanama 2026, agaruka ku masezerano ya Washington, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



