Sign in
← Elsewhere in the news
ISIMBI1 h ago

Perezida wa FERWAFA yatawe muri yombi

Shema Ngoga Fabrice usanzwe ari perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yatawe muri yombi akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye. Amakuru y'itabwa muri yombi ya Fabrice yakwirakwiye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Kanama 2026. Nubwo Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB), rutifuza kuvuga byinshi kuri iyi Dosiye, bwemereye itangazamakuru ko Shema Ngoga Fabrice yatawe muri yombi aho akurikiranyweho gutanga Sheki itazigamiye. Akaba acumbikiwe (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →

Inkuru yose iri kuri ISIMBI.

Iyandikishe kuri YEGOB uhembwe,

Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru zikwinjiriza amafaranga uko zisomwe.

Usanzwe ufite konti? Injira

More from other media