Polisi yaguye gitumo abiyitaga abakozi ba REG

Polisi y’igihugu ikorera mu Mujyi wa Kigali, yataye muri yombi abantu batanu bibaga insinga z’amashanyarazi biyita abakozi ba REG ,bagatuma abaturage babura umuriro. Abafashwe ni abo mu Murenge wa Jali, mu Karere ka Gasabo. Polisi ivuga ko yamenye iki kibazo guhera tariki ya 21 Kanama kugeza tariki ya 9 Nzeri 2026, ifata abiyitaga abahigi bibaga […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



