U Rwanda rukeneye miliyari 12$ zo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe

Leta y’u Rwanda ivuga ko ikeneye miliyari 12 z’amadolari, angana na hafi tiriyari 17,8 Frw, kugira ngo izagere ku ntego yihaye yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe mu 2035. Ku wa 16 Nzeri 2026, Umuyobozi Mukuru wa Rwanda Green Fund, Mugabo Teddy, yabwiye Itangazamakuru ko kugeza ubu u Rwanda rumaze kubona miliyari 5 z’amadolari. Yagize ati: “Tumaze […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.