Umushinga wa FERWAFA na RPL w'abakinnyi bato ku rupapuro rw'umukino ntiwaba ukenewemo ikirungo?
Itegeko riteganya ko buri kipe ikina Shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda igomba kuba ifite byibuze abakinnyi batatu batarengeje imyaka 21 ku rupapuro rw'umukino, rishobora kutazagira icyo rifasha cyane aba bakinnyi. Mbere y'uko umwaka w'imikino wa 2026-27 utangira, Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n'Urwego Rutegura Shampiyona y'Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) bashyizeho amabwiriza n'amategeko azagenga iyi Shampiyona. Muri ayo mategeko (…) - Siporo / Latestnews Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.
